Bang Media

Kunyaza

Video yo gukuna II

Ibiziririzwa mu Gihe cyo Gukuna

1.Nta mukobwa ukuna izuba ryaka. Iyo rimwakiyemo ngo aragwingiza, kandi ntiyaba akigwijije kuko ngo imishino ye irengana n'izuba! Ku manywa bajya mu gicucu cyangwa mu rutare, mu buvumo, cyangwa izuba bakaryerekeza ibitugu.

2.Umukobwa ujya gukuna yirinda gukora umunyu. Umunyu ni ikizira mu bikunisho; ngo awikojejeho yashirira, kandi ngo ntabwo yapfa agwijije, ndetse ngo no gushahura umunyu wamushahura. N'ubundi ngo umunyu bawita inyongobera.

3.Kirazira nta mukobwa ukuna ngo ashoke akaraba ako kanya. Ngo ni ukwizinga ntagwize vuba. Bagira ibyatsi bakaraba nk'imifumba, ikimenankono n'ibindi, baba batabibonye bakarekera aho.

4.Kirazira nta bakobwa bava inda imwe bakunana. Umukobwa ufite murumuna we ntiyatuma amurora ngo iyo amubonye, amujyana ibye. Kugira ngo bitagira icyo bitwara yamubonye, mukuru we aramugurira, maze akongera akamurora, ndetse noneho bakajya bakunana.

5.Guhirikira intosho cyangwa ingata aho umukobwa yakuniye ni ishyano ribi; ngo umukobwa wahakuniye apfa atabyaye, ngo agapfa ari inshike.Gukuna

Iyo umukobwa amaze gukuna

Iyo umukobwa amaze gukuna no kuvuga ibyo yivugisha, arahagaruka, nuko umukobwa akenda uruhu yari yicariye cyangwa umwenda we, akawusimbiza; byitwa gukuza imishino ngo ijye hejuru.

Umukobwa arapfukama, akunama hasi cyane, afashije ibiganza hasi, yambaye ubusa, akongorera ubutaka yicariye, ati"Ngufatiye ubutaka, ubu ni ubuhoro bwabyawe n'ubutaka, nanjye ni ko mbona ubuhoro bwo mu maguru yanjye, sinzakurikire abandi bakobwa ku busa ".


Akongera agakubita ku bibero bye ati: "Ibi ni ibibero, byuzure byizihirwe" .

Umukobwa agakubita ibiganza hasi, ati:" Ubu ni ubwiza bw'abakobwa butuma baramba ku bagabo; umugabo naburyamamo ntakicure ",akongera agakubita hasi ibiganza no ku bibero cyangwa ku mabuno, avuga ati: "Ibibero byanjye bijye bizana urushunzi rw'amaraso nk'urw'amata y'inka ".

Umukobwa agakubita hasi, maze akanyuza amaboko munsi y'amaha, akikubita mu mugongo ati:" Umugongo wuzure amaraso ", akongera agakubita no mu bihumbi nk'umuntu wihungura mu bitugu, ati: "Abana buzure mu bitugu "; akongera agakubita hasi no ku gahanga ati: "Ntega urugori nkizihirwa"; agakubita mu maso, ati: " Mporana isoni mu maso ".

Umukobwa yarangiza, agakubita utugeri hasi, akazamura agatsinsino akagakoza mu ntege, ati:" Sindenga icyicaro cy'undi ngo ahebe, umukobwa araharenga akanyongerera, umugore araharenga akanyongerera ".

Umukobwa agenda amaze gusokoza neza ubwatsi yicariye, cyangwa akaburandura, avuga ati:" Umukobwa arahanyura akanyongerera n'umugore arahanyura akanyongerera ". Umukobwa yajya kurangiza akahabyinira akadiho, ngo arishimira ko yagwijije, cyangwa ko azagwiza vuba; akongera ati : " Agati gaciye ntikabura izuba ".

Abakobwa babiri cyangwa batatu, bane, bagiye kurangiza umwe abwira undi, ati: "Amashyo n'amagana ". Undi na we, ati: "amagana yuzukuruke imishino ".

Nuko bagataha.

Abakobwa bamaraga gukuna bagahagurukira rimwe, ari ntawe utanze undi, ngo bazagwirize umunsi umwe.

Mbese Gukuna Biracyakorwa?

Igihe cyo gukuna nticyarangiye kuko igihe cyo gukunda ibituba bikunnye kitararangira!

Mbese utekereza ko gukuna bikenewe n'uyu munsi? Mbese iyo imishino ni iki ku buryo ngomba kuyitunga?

Si ngombwa ko utunga imishino ngo ube uri umugore wuzuye.
Umugore si imishino kuko atari yo yubaka urugo. Abagore bamwe nta mishino bagira. Icyangombwa ni uko ushobora gushimisha umugabo wawe mu mibonano mpuzabitsina.

Nyamara ariko ku mwana w'umukobwa uri mu kigero cyo gukuna namugira inama yo gukuna
. Ndetse na nakwibutsa ababyeyi b'abakobwa kubakangurira gukuna kuko mu muco nyarwanda igituba gifite imishino ni cyo abanyarwanda bavuga ko kiba cyuzuye. Imishino si umurimbo si n'umurato kandi ifite akamaro kayo umugore atapfa kwirengagiza.

-umugore ashobora kuyikurura ari wenyine arimo kwikinisha

-umugabo ashobora kuyikurura mu mirimo mbanzirizagitsina cyangwa bahuza igitsina

-ituma mu gituba hahora hahehereye. Ku bagore benshi bafite imishino ntibakenera gukoresha utuvuta two gutuma bahehera keretse abageze mu zabukuru

-ifasha umugore kunyazwa

-ibobereza imboro mu gihe cyo guswera

Soma Inkuru Yose

Gukuna Nyuma yo Kubyara

Bigirumwami muri cya gitabo cye cyamamaye avuga ko umukobwa akuna akiri muto, ndetse agatangira kujya mu mihango yaragwije. Nukuvuga ko bikorwa n'abana bari hagati y'imyaka 10 na 14 cg se 15. Umugore wabyaye nta cyo yabona naho yakurura, kuko aba yaramaze gukomera. Naho kunyara n'abazungukazi baranyara iyo bahuye n'umugabo uzi kunyaza. Kunyara biva kuri bombi umugabo n'umugore, iyo bakundanye bihagije kandi umugabo akamutegura umwanya uhagije, ntahite amusimbukira kuri Rugongo, buhoro buhoro umugore atangira kujya anyara duke gahoro gahoro kugeza amenyereye akajya atungereza. Bisaba ko umugabo we yihangana bihagije ntahore amutuka ngo ntanyara. Bigera aho bikaza. Kumutoteza ngo ntanyara bituma yumva adakunzwe kandi nta cyo amaze arutwa n'abandi bagore agahorana umushiha. Ibyiza ni ukumufata uko ari ariko ugerageza no kumunyaza gahoro gahoro no kumwumvisha ko agushimishije. Imibonano mpuzabitsina yose kugira ngo igende neza bikenera urukundo rw'abashakanye. Ariko ibyo mukora byose, mubikore n'abo mwashakanye. Kugenda usweragura hirya no hino ngo urashaka abanyara birasenya ugasigara wicuza icyo washakaga, iyo ugize imana ntuzane kabutindi SIDA ngo aha ukurikiye umugore unyara, cyangwa se umugabo ukunyaza. Erura mubiganire n'uwo mwashakanye umubwire ibikuryohera abigukorere, ureke kujya kubishakisha hanze. Gusambana akenshi bigira ingaruka mbi k'ubikora!
Natekereje ku mpamvu mu Rwanda cyane cyane rwo hambere abagore bakunaga. Nasanze ari umuco mwiza cyane buri mukobwa wese yagombye kwitabira. Impamvu ni izi: Mu mihango y'abashakanye, abagabo hafi ya bose amaherezo barasohora bityo bakaryoherwa. Icyakora igishimisha umugabo kurusha ibindi, kigatuma yumva ari imfizi, ari umugabo koko, si uko asohora, ahubwo ni uko ageza umugore ku ndunduro, akamuhaza. Umugore wakunnye aryoherwa vuba, akareta vuba, bityo bikamushimisha, akarangiza vuba bigatuma akunda umugabo kurushaho. Umugabo nawe bituma yumva ari umugabo koko, ari imfizi bikamutera imbaraga zo gukorera urugo rwe. Umuhango wo gukuna ufasha abashakanye kwubaka ingo zikomeye, z'umutamenwa. Banyarwandakazi rero ntimuzacike ku muco karande. Nimushishikarire gukuna kubera ko ari ingira kamaro cyane.


Gukuna ni iki

Ikintu cyose kirimbishijwe kigaragara neza ko gifite ubwiza, niyo mpamvu

umukobwa agomba gutegura ejo hazaza. Ibyo bigaragarira mu isuku iranga aho

aba, uko ari, n’uko ateye.

Isuku mu rugo: Ni ngombwa ko tugira amagara mazima niba dushaka ubuzima

burambye: ibyo ni ihame. Ingo nyinshi zisenyuka kubera ko n’umugore aba

yagaragaje intege nke mu kugira isuku. Iyo byatangiye gucumbagira hirya iyo

mu cyumba, akenshi umugore acika intege n’ibyo yakoraga ugasanga atangiye

kubiha agaciro gacye cyangwa se ka ntako. Ibijyanye n’iki gice bidatinzweho,

umukobwa cyangwa umugore azi inshingano ze kugira ngo urugo rwe rugere

ahashimisha buri wese kuburyo bw’intangarugero.

Isuku ku mubiri: umubiri w’umuntu ukenera isuku ya ngombwa kugirango

biwufashe byaba kuwambika, gukaraba, kwiyuhagira, n’ibindi. Mu gihe cyo

gukaraba ni ngombwa kwita no gutinda cyane ahashobora kubangamira abandi mu

gihe hatasukuwe neza: amenyo, mu maha, igitsina….

Isuku y’igitsina: iyi suku irakenewe kuko ni intangiriro yo kugira umunezero

mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ntacyo byaba bimaze urya neza, ukaryama

aheza, ukambara ukaberwa ariko watambuka ukagira ngo haboreye imbeba! Hari

amasabune yifashishwa ushobora no kubaza farmacien, atangiza mu gitsina, mu

gihe ukaraba rero ni ngombwa kuhatinda ukahasukura kugirango wikorere isuku

kandi witegure na we ubwawe mu kwakira imibonano mpuzabitsina (ku

bashakanye), kuko umurimo uhakorerwa ni ingenzi mu kubaka ingo zigakomera,

ntabwo ugomba gupfobywa cyangwa ngo usuzugurwe !

Gukuna: Ni umuhango wa gikobwa ugamije kumutegura kuba umugore ubereye umugabo,

hari n’ababishyira mu rwenya ngo :”nyiranaka yaryoshya inzoga”, utangira

umukobwa ari umwangavu w’imyaka 13-18 kuko umubiri uba utarakomera atarajya

mu mihango ya gikobwa. Ariko! Uko amajyambere yihutana n’imirire myiza usanga

hari abana bajya mu mihango bafite imyaka 9-10, byaba byiza ba nyina wabo na

ba nyirasenge, bakuru babo ndetse na (ba nyina); mvuze ndetse naba nyina kuko

imiryango myinshi usanga ba nyina b’abakobwa batinya kubibaganiriza ,

bagahitamo kubateza abo bavuzwe hejuru, ubwo uwo bishobokeye nyine na nyina

yabimuganiriza!

Mu gihe cyo ha mbere uwo muhango wakundaga kubera mu gasozi nko mu gashyamba

abakobwa bitwaje kujya guca imyeyo” nkeka ko ari naho havuye iyo mvugo”, ko

uwakunnye byitwa ko yaciye imyeyo, bakitwaza kujya guca ubwatsi, gutashya

inkwi, kujya mu rubohero, n’ibindi….

Amajyambere arihuta cyane ku buryo bitakiri ngombwa kwikora muri équipe ngo

mugiye guca imyeyo; na cyane ko hateye iya ruzungu, ngo ugiye gutashya, kandi

mukoresha cuisinnière, upfa kuba ufite ibikunisho byawe, wanabikorera mu rugo

mu cyumba uraramo cyangwa n’ahandi uba warateguriye icyo gikorwa.

Ni umuhango ugomba kubahwa ukanubahirizwa; si byiza ko buri wese amenya icyo

uhugiyeho, icya ngombwa ni uko uba witegurira ibyishimo n’umunezero birambye.

Ibikunisho:

* intobo z’ibitoborwa
* amavuta y’inka (niyo yaba adakuze)
* akatsi bita gutwi kumwe
* agati bita umukonora (utubabi twako),…..

Komeza Usome